FA yahanishije Bentancur Rodrigo kudakina imikino 7 no gutanga arenga 150.000.000

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Gihugu cy’u Bwongereza, ryahanishije umukinnyi wa Tottenham , Bentancur Rodrigo, kumara imikino 7 adakina nyuma yo kwibasira mugenzi we bakinana mu kiganiro yagiranye na televiziyo yo mu gihugu akomokamo. Uyu mukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Tottenham Hotspur witwa Bentancur ,Rodrigo ,yazize amagambo y’ivangura ruhu yavugiye mu kiganiro yibasiyemo umukinnyi mugenzi […]

Rwamagana: Urubyiruko rwahuguwe mu bwubatsi rurasaba leta gufashwa kubona ibikoresho

img_20241116_152457__1000_x_600_pixel_.jpg

Abasore n’inkumi bo mu karere ka Rwamagana,basoje amahugurwa ajyanye n’umwuga w’Ubwubatsi ,barasaba Leta kubafasha kubona ibikoresho bazifashisha mu gukora kinyamwuga ibyo bize . Aya mahugurwa ajyanye n’umwuga w’Ubwubatsi bahawe ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amashuri ya Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro RTB, yasojwe ku wa Gatanu Tariki ya 15 Ugushyingo 2024 . Urubyiruko rwahuguwe rwatangaje […]

Tanzania: Isoko ryagwiriye abari baririmo

Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo mu gihugu cya Tanzania avuga ko isoko rusange rya Kariakoo riherereye mu mujyi wa Dar- es- Salaam mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tarariki ya 16 Ugushyingo 2024,ryagwiriye abariremye ndetse n’abaricururizamo. Iri risoko ry’amagorofa ane ,bimwe mu bice byaryo byaguye bikomeretsa abantu 28 undi umwe ahita ahasiga ubuzima nkuko Ibinyamakuru […]

Rwamagana: Indwara y’amayobera yagaragaye ku banyeshuri

Mu Rwunge rw’Amashuri rwa Nawe rwitiriwe Mutagatifu Yohani Pawulo wa 2 , mu Murenge wa Rubona mu Karere ka Rwamagana , haravugwa indwara imaze gufata abana b’abakobwa ituma batitira igice cy’umubiri cyo hasi, ntibabashe kugenda no guhagarara. Uburyo ubwo burwayi bufata byatumye bamwe mu baturage bavuga ko buterwa n’amadayimoni . Iyi ndwara bahimbye” Tetema” abakobwa […]

USA: Umuririmbyi w’icyamamare mu njyana ya Jazz wanakoranye na Michael Jackson yapfuye

Umunyamerika waririmbaga injyana ya Jazz akaba n’umuhanga mu bijyanye no gutungana indirimbo, yapfuye afite imyaka 91 . Amakuru avuga Quincy Jones wagize uruhare mu ndirimbo nyinshi akanatwara ibihembo 28 muri Grammy awards yapfiriye iwe , muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika muri Leta ya Los Angeles. Ushinzwe itumanaho mu bikorwa bya Quincy Jones witwa Arnold Robinson, […]

Uganda : Abantu 14 bari mu masengesho bapfuye bakubiswe n’inkuba

Polisi yo mu Gihugu cya Uganda yatangaje ko abantu 14 bari mu masengesho bakubishwe n’inkuba barapfa mu gihe abandi 34 barikumwe nabo bakomeretse . Abana 13 n’umugabo w’imyaka 21 nibo bapfuye nyuma yo gukubitwa n’inkuba . Abapfuye ndetse n’abakomeretse 34, bose baba mu nkambi y’impunzi ya Palabek mu karere ka Lamwo , inkuba yabakubise urusengero […]

Gakenke : Babiri bafatanywe amabalo 40 ya caguwa bari bapakiye mu mashu

Abagabo babiri b’imyaka 30 na 31 y’amavuko bari batwaye mu modoka yo mu bwoko bwa Daihatsu, amabalo 40 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu, bafatiwe mu Karere ka Gakenke bayapakiye hagati y’amashu. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, Superintendent of Police (SP) Jean Bosco Mwiseneza yemeje amakuru y’ifatwa ryabo, avuga ko […]