Abasirikare b’u Burundi ‘banze kurwanya’ M23 baba bagejejwe i Bujumbura
Abasirikare b’u Burundi hafi 200 baravugwaho gucyurwa nyuma yo kwigumura, bakanga kwifatanya n’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) n’imitwe ya Wazalendo mu kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Umurundi Pacifique Nininahazwe uyobora umuryango FOCODE utabariza ababurirwa irengero, aherutse gutangaza ko abasirikare b’u Burundi boherejwe kurwanya M23 bacitsemo ibice, bamwe banga kujya kujyayo kuko […]
Mwenda arashidikanya ku bwenge bwa Tshisekedi wagereranyije Kagame na Hitler
Umunyamakuru Andrew Mwenda usanzwe ari inshuti ikomeye y’umuryango wa Perezida Yoweri Museveni, yagaye Félix Tshisekedi uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo wagereranyije Paul Kagame n’umunyagitugu w’Umudage, Adolf Hitler. Tshisekedi tariki ya 8 Ukuboza 2023 ubwo yiyamamarizaga mu mujyi wa Bukavu, yavuze ati: “Ngiye kubwira Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kubera ko yashatse kwitwara nka Adolf […]
Me Flamme ahamya ko abatangabuhamya 63 bose bashinjuye Basabose
Umunyamategeko Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels arasaba ko umukiriya we agirwa umwere kuko ngo abatangabuhamya bagombaga kumushinja, bisanze bamushinjuye. Basabose yabaye umusirikare, aba umushoferi wa Colonel Elie Sagatwa wari muramu wa Habyarimana Juvénal. Yabaye kandi umuvunjayi muri Kigali, aba umunyamigabane wa RTLM, akaba afatwa nk’umwe mu baterankunga ba […]
Dr Habineza arahamya ko ihohoterwa ku barwanashyaka ba Green Party ryagabanyutse cyane
Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko, Dr Frank Habineza, aravuga ko ihohoterwa ryakorerwaga abanyamuryango baryo ryagabanyutse ku kigero kigera kuri 99%. Ibi yabibwiye abanyamakuru kuri uyu wa 8 Ukuboza 2023 ubwo yari amaze gufungura ku mugaragaro Inteko y’abagore bo muri DGPR mu mujyi wa Kigali. Dr […]
Ingabo za EAC za nyuma zizava muri RDC mu mwaka utaha
Umutwe w’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, EACRF, watangaje ko iza nyuma zizava muri iki gihugu mu mwaka utaha. Ingabo za Kenya zigera kuri 300 ni zo zabimburiye izindi, zirataha, hashingiwe ku byemezo abakuru b’ibihugu by’akarere bafatiye mu nama yabereye i Arusha tariki ya 24 Ugushyingo […]
Noà«l Tshiani uvuga ko azatera Kigali ni muntu ki?
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Noà«l Kabamba Tshiani, aravuga ko afite intego yo kohereza igisirikare cy’iki gihugu, FARDC, mu mujyi wa Kigali, ngo mu gihe “u Rwanda rutava” mu burasirazuba bw’iwabo. Tshiani, mu migabo n’imigambi afite nk’ushaka kuyobora RDC, arahamya ko FARDC iri ku rwego ruri hasi, bityo ko […]
FARDC yatangaje ko iri kwigengesera ku gukura M23 muri Mushaki
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko kiri kwigengesera ku gukura M23 muri santere ya Mushaki iherereye muri teritwari ya Masisi bitewe n’uburyo ituwe. M23 yafashe Mushaki kuri uyu wa 7 Ukuboza 2023, nyuma y’amezi hafi 9 ihashyikirije ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EAC. Umuvugizi w’uyu […]
Ni iki cyakorwa mu gihe RIB yakwanga gukora iperereza ku kirego yahawe?
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rufite inshingano zo kugenza ibyaha ruhabwa n’itegeko Nº12/2017 ryo ku wa 07/04/2017 rigena imikorere yarwo. Ni inshingano zakorwaga n’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe iperereza ku byaha kuva mu mwaka w’2000 kugeza mu 2017. Ingingo ya 16 y’Itegeko nº 027/2019 ryo ku wa 19/09/2019 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha yerekana imirimo yose umugenzacyaha […]
Videwo ya Rusesabagina yateje impaka mu rubanza rwa Munyemana
Videwo ya Rusesabagina Paul yumvikanamo asobanura uburyo yafungiwe mu Rwanda n’uko yafunguwe yateje impaka mu rubanza rwa Dr Munyemana Sosthène ruri kubera mu rukiko rwa rubanda rwa Paris mu Bufaransa. Byari biteganyijwe ko Rusesabagina atanga ubuhamya mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Ukuboza 2023, ariko ntibyakunze bitewe n’uko umwunganira mu mategeko yabyanze. Mu masaha […]
Umunyamakuru Nkundineza arakomeza gufungwa
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko umunyamakuru Nkundineza Jean Paul akomeza gufungwa by’agateganyo. Ni icyemezo cyafashwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 7 Ukuboza 2023, nyuma y’icyumweru uyu munyamakuru aburanye ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Uyu munyamakuru yatawe muri yombi tariki ya 16 Ukwakira 2023. Ku ya 7 Ugushyingo ni bwo urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge […]