Itangazo rireba utubari muri Mahoko ryatumye abantu bacika ururondogoro

Itangazo rireba utubari two mu midugudu igize Akagari ka Mahoko mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu muri iyi minsi mikuru, ryatumye abakoresha Twitter bacika ururondogoro bibaza kuri zimwe mu ngingo zirigize. Mafene de Kigali ati ” Mu rwego rwo kubungabunga umutekano? Bisobanuye ko umutekano ugeramiwe c iyo mu bice by’ibirunga. Serugendo Enea akagari […]
Kigali: Iby’urusengero rwashyizwe ku isoko byabaye ibindi bindi
Ubuyobozi bukuru bw’Itorero Ebenezer Rwanda, bwagize icyo buvuga ku makuru y’urusengero rwaryo rw’i Kagugu byavuzwe ko rwashyizwe ku isoko, buvuga ko uru rusengero rutari kugurishwa ahubwo ko byakozwe na bamwe mu barwanya umurimo w’iri torero. Muri iki cyumweru, inkuru y’uru rusengero rwashyizwe ku Isoko, iri mu zagarutsweho cyane, aho bamwe bibazaga uburyo n’inzu z’Imana na […]
Ubushinwa bwasabwe kutagira ubwiru uko COVID-19 ihagaze
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS ryatangaje ko rikeneye kumenya amakuru ya nyayo ajyanye n’uko Covid-19 ihagaze mu Bushinwa, rikamenya umubare w’abari mu bitaro, abahitanwa n’iyi ndwara n’uw’abarembye kugira ngo hamenyekane uko yakwirindwa Ibi OMS yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Ukuboza 2022 inagaragaza ko ikeneye kumenya umubare wa nyawo w’abaturage bakingiwe. Mu […]
Hamenyekane umubare w’Abanyarwanda baguye mu mpanuka yabereye muri Uganda
Abanyarwanda bane, umunya-Kenya umwe n’Umurundikazi nibo byamenyekanye ko baguye mu mpanuka y’imodoka ya bisi ya Oxygen yo muri Kenya yagonganye n’iya Volcano yo mu Rwanda, muri Uganda. Abaguye muri iyi mpanuka ni: Murara Alphonse Umushoferi wa Volcano, Omido David Umushoferi wa Oxygen, Ishingiro Mustafa Umukozi wa Oxygen, Gakulu Claude umukozi wa Volcano, Hakizimana Etienne umugenzi […]
Polisi yagose ibiro bya Dr Besigye
Polisi ya Uganda mu Mujyi wa Kampala yaburijemo amasengesho yo gusoza umwaka yari yateguwe n’ishyaka riharanira impinduka rya Dr Kizza Besigye na Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Yoweri Museveni. Ni amasengesho yari ateganyijwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Ukuboza 2021, muri Sharing Hall i Nsambya. Amasengesho […]
Antoni Karidinali Kambanda yavuze icyo Kiliziya iri gukora mu gihe Papa Benedigito arembye
Antoni Karidinali Kambanda yavuze muri iki gihe Kiliziya Gatolika mu Rwanda, yifatanyije n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko ndetse n’Isi muri rusange, basaba Imana ngo iramire ubuzima bwa Papa Benedigito wa 16 uri mu kiruhuko cy’izabukuru “urwaye cyane” Mu butumwa yanyujije kuri Twitter kuri uyu wa 29 Ukuboza 2022, Karidinali Kambanda akaba n’Umushumba […]
Padiri Nturiye wigeze guteza impaka yatabarutse

Padiri Edouard Nturiye wari uzwi nka Simba yapfuye kuri wa Mbere tariki 26 Ukuboza 2022 nk’uko byemejwe na Diyosezi Gatolika ya Nyundo, mu itangazo yashyize ku karubanda. Itangazo rya Diyosezi ya Nyundo rivuga ko “Padiri Nturiye yaguye mu bitaro bya Kabgayi azize uburwayi”. Padiri Nturiye wayoboraga Seminari nto ya Nyundo, yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo […]
2022: Urutonde rw’abantu bashakishwa kurusha abandi mu Rwanda
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rugaragaza abantu bane umwaka wa 2022 usize bashakishwa kurusha abandi mu Rwanda. Muri rusange, aba bose bahuriye ku kuba bakekwaho ubwicanyi uretse umwe ukekwaho gufata ku ngufu. Byinshi ku bantu baboneka kuri uru rutonde, wasoma: https://bwiza.com/?Urutonde-rw-abantu-bashakishwa-na-RIB-kurusha-abandi-mu-Rwanda Ni urutonde BWIZA ikesha urubuga rwa RIB n’ubwo bigaragara ko nta mpinduka zarubayeho kuva mu […]
Yiyita Zolo Wasite Midende, yihebeye umubare karindwi: Bimwe mu byo wamenya kuri Col. Ruhinda uyobora ba kabuhariwe ba FDLR

Amakuru BWIZA yakusanyije avuga ko Col. Ruvugayimikore Protogène ayobora umutwe udasanzwe w’abarwanyi ba FDLR-FOCA uzwi nka Maccabé, wahoze witwa Commando de recherche et d’action en profondeur, CRAP, akunda byimazeyo umubare karindwi. FDLR ni umutwe watangijwe na benshi mu bashinjwa ko bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ni umutwe washyizwe ku rutonde […]
Gicumbi: Gitifu yasabye guhagarika akazi kuko hari ‘ibyagenze nabi’
Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kaniga mu Karere ka Gicumbi, Mbonigaba Gatera Gilbert, yasabye guhagarika ako kazi kuko hari ibitagenda neza bigatuma adatanga umusaruro mu gihe asanga hari ibindi yakora ukaboneka. Ibaruwa BWIZA yabonye yandikiwe i Kaniga kuwa 15 Ukuboza 2022, yandikiwe Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, ivuga ko impamvu yayo ari “Gusaba Guhagarika umurimo ku […]