Gicumbi: Umugore akurikiranweho gusambanya umuhungu w’imyaka 13 akamwanduza imitezi

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa 07 Ukuboza 2022 bwagejeje imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi umugore wo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko, Akagari ka Rebero, Umudugudu wa Kirara, ku cyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w`imyaka 13 akanamwanduza imitezi. Icyo cyaha yagikoze mu kwezi kwa 8/2022, ubwo yatangiraga umwana avuye guhaha, akamukurura akamujyana […]

Ntabwo twegura imbunda zacu ngo tujye aho tubonye- Prof. Nshuti Manasseh

Umunyamabaga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh, yavuze ko u Rwanda rutajya rwikamata ngo rutabare mu gihugu runaka, hatabayeho gusesengura umuzi w’ikibazo kugira ngo ibikorwa byarwo bizatange umuti ku kibazo muzi. Ibi Prof Nshuti yabitangaje kuri uyu wa Gatanu i Abu Dhabi ubwo hafungurwaga inama ya 15 […]

Ngoma: Akurikiranweho kwica aciye umutwe murumuna we bapfa Frw 100

Ubushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngoma mu karere ka Ngoma, bwasabiye igihano cyo gufungwa burundu umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo kwica murumuna we wa kwa Se wabo bapfuye igiceri cya 100 Frw akamuca umutwe, mu gihe we avuga ko yagirirwa ikigongwe kuko yabikoze atabigambiriye kuko asanzwe arwaye mu mutwe. Umugabo witwa Uwineza Janvier wo mu Kagari […]

Rubavu: Impanuka y’ikamyo yaguyemo batatu

20221210_100119.jpg

Abantu batatu bapfiriye mu mpanuka y’ikamyo yo mu bwoko Fuso yabereye mu Karere ka Rubavu saa kumi z’urukerera ahitwa Kwa Gacukiro. Iyi mpanuka yabereye ku muhanda uva aho bita kwa Gacukiro werekeza ku Bitaro bya Gisenyi nk’uko RBA dukesha iyi nkuru yabitangaje. Umwe mu bantu bazi neza ako gace yatangarije BWIZA ko ” Ni ahantu […]

Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya EU yatawe muri yombi

Eva Kaili ukomoka mu Bugereki, umwe muri ba visi perezida 14 b’Inteko ishinga amategeko y’u Burayi, yatawe muri yombi mu iperereza ku byaha bifitanye isano na ruswa. AFP yatangaje ko iryo perereza rifitanye isano na kimwe mu bihugu byo mu kigobe cyo mu burasirazuba bwo hagati. Amakuru avuga ko kuri uyu wa Gatanu hasatswe ibiro […]

Ntabwo mwantoreye ngo njye nyobora ndi mu gitanda- Dr Iyamuremye Augustin

Dr Iyamuremye Augustin, wari usanzwe ayobora Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe wa Sena akaba yareguye kuwa 8 Ukuboza 2022, yavuze ko atari gukomeza gukora inshingano ze arwaye kuko byari kuba binyuranye n’ibyo yemeye gukorera igihugu. Ibi Dr Iyamuremye yabigarutseho kuri uyu wa 9 Ukuboza, ubwo yasobanuraga byimbitse ibijyanye no kwegura kwe. Yagize ati ” Icyo mwantoreye […]

Ruracyageretse hagati ya INES-RUHENGERI na Mwarimu Musanganya Faustin uvuga ko yabaye nk’akarima ka Diyosezi ya Ruhengeri

Ibintu bikomeje gufata indi ntera hagati ya Mwarimu Musanganya Faustin, umwe mu banyamuryango shingiro ba Kaminuza ya INES-RUHENGERI n’ ubuyobozi bwayo burangajwe imbere na Musenyeri Harolimana Vincent, Umushumba wa Diyosezi ya Kiliziya Gatolika ya Ruhengeri, akaba n’Uyihagarariye mu mategeko, ku kibazo cy’inyandiko Musanganya Faustin yasabye ko yahabwa mu rwego rwo kumenya ishusho y’ iyi kaminuza […]

Mu rugo rw’umuturage ku Muhima hasanzwe igisa na Sitasiyo ya Mazutu

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyarugenge, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Ukuboza, yafatiye litiro 3120 za mazutu mu rugo rw’umuturage, Mwesigwa Steven, zacuruzwaga mu buryo bwa magendu. Mwesigwa ufite imyaka 69 y’amavuko utuye mu Mudugudu wa Kabirizi, Akagari k’Amahoro mu Murenge wa Muhima. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector […]

CP Kabera yibiye ibanga abashaka gukorera perimi za burundu

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera John Bosco avuga ko abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya babanza bakitegura atari ukuza kugerageza amahirwe. Hashize iminsi itatu ibibazo byo kwiyandikisha gukora ibizamini bya burundu byo gutwara ibinyabiziga inzego zibishinzwe zibikemuye, ni ibintu byashimishije abashaka gukorera izi mpushya ariko bagifiteho impungenge. Twagirumukiza Vincent wiga […]