Barafinda yameneye ibanga ababa batekereza kuba batera u Rwanda

Barafinda Sekikubo Fred avuga ko igisirikare cy’u Rwanda gihagaze neza, kigakora kinyamwuga, bigoye kugica mu rihumye ngo umuntu cyangwa umutwe w’inyeshyamba ube wakisukira ngo utere u Rwanda mu buryo bworoshye.

Ni mu kiganiro Bwiza TV yagiranye n’uyu mugabo uvuga ko yifitemo politiki, unashimangira ko imodoka ye ubu yamaze kwangirika.

REBA VIDEO

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *