Bruce Melodie ndamukunda cyane ariko Igitsina ntacyo namuha- Gisele uvuga ko akiri isugi

Ni umubyeyi w’abana babiri uzwi ku izina rya Gigi [Gisele], mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV yavuze ko n’ubwo bwose amaze kubyara kabiri akiri isugi, by’umwihariko akaba afana bya cyane umuhanzi Nyarwanda, Bruce Melodie.

Uyu mugore avuga ko kubera urukundo akunda uyu muhanzi, yamuha ibyo afite byose uretse kimwe aricyo ‘kuryamana na we’. Yemera ko ari umuhanga mu kubyina acugusa ikibuno ariko ko atakwigereranya kuri Shaddyboo. Gisele akaba azwi cyane mu gukesha amasura cyangwa se gusiga ibirungo ibyamamare cyangwa undi wese ubyifuza mu ndimi z’amahanga bita Makeup.

REBA VIDEO, ikiganiro Bwiza TV yagiranye na Gigi

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *