Rutangarwamaboko arabona ko gutandukira umuco nyarwanda biri mu byateje inzara
Umupfumu akaba n’umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, Nzayisenga Modeste uzwi nka ‘Muganga Rutangarwamaboko’ arabona ko gutandukira indangagaciro z’umuco gakondo biri mu byateje ikibazo cy’ibura n’ihenda ry’ibiribwa gihangayikishije abatuye mu Rwanda. Mu kiganiro na New Times, Rutangarwamaboko yavuze ko mu Rwanda haterwaga ibiti bifite ibisobanuro bikomeye ku mibereho y’Abanyarwanda kandi byatumaga ubutaka burumbuka, imbuto butewemo […]
Ku myambarire igayitse, abagore n’abakobwa batungwa agatoki cyane: Ubushakashatsi

Inteko y’Umuco y’u Rwanda yagaragaje ko mu ubushakashatsi bwakozwe mu mwaka ushize bwagaragaje ko ijanisha rito ari iry’abagaragaje ko imyambarire y’Abanyarwanda muri iki gihe igayitse. Muri ubu bushakashatsi Inteko y’Umuco yakoze ku myambarire y’Abanyarwanda mu mwaka w’2022-2023, yagaragaje uko yagiye ihinduka mbere y’imyambaro myamvamanga, ahanini hibandwa ku isano iri hagati y’imyambarire, umuco n’iterambere. Ibyavuyemo bigira […]
Rutangarwamaboko aribaza niba Gatabazi ari bwo yamenya icyerekezo cy’u Rwanda
Umushakashatsi ku buzima bushingiye ku muco, umupfumu cyangwa Muganga Rutangarwamaboko, aribaza niba Gatabazi Jean Marie Vianney ari bwo yamenya icyerekezo cy’u Rwanda n’igihe amaze mu myanya itandukanye muri Leta. Ibi yabivuze mu busesenguzi yakoze aganisha ku birori by’iyimikwa ry’Umutware w’Abakono byabereye i Musanze tariki ya 9 Nyakanga 2023 n’ubutumwa bwa Gatabazi bushimira Perezida Paul Kagame […]
Umuganura: Inkingi y’ubumwe n’amajyambere by’abanyarwanda
Nyuma yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, Leta y’ubumwe bw’abanyarwanda yongeye kugarura umuhango w’umuganura wari waraciwe n’abakoroni mu 1925, iki cyemezo cyo kugarura umuhango w’umuganura cyashyizweho mu rwego rwo gushaka ibisubizo by’ibibazo by’insobe byari byugarije igihugu cyacu nyuma ya Genoside yakorewe Abatutsi nkuko Nyakubahwa Kagame Paul umukuru w’igihugu yabivuze ubwo yatangizaga kumugaragaro itorero […]
26/12/1985: Dian Fossey wari uzwi nka Nyiramacibiri yishwe n’abantu batazwi
Kuwa 26 Ukuboza 1985, ni bwo hamenyekanye urupfu rwa Dian Fossey, Abanyarwanda bitaga Nyiramacibiri yishwe n’abantu kuri ubu bataramenyekana. Dian Fossey yari umuhanga mu by’ibinyabuzima, yamenyekanye kubushakashatsi yakoze ku buzima bw’ ingagi. Mu bushakashatsi bwakorewe mu Rwanda, yavumbuye ibintu byinshi by’ingenzi kuri ubu bwoko bw’ibinyabuzima binini, yakusanyirije mu gitabo cye yise ” Gorillas in the […]
Mu gihe cya Noheli Abanyarwanda bagakwiriye kwiraba ivu – Opinion
Itariki ya 25 Ukuboza ni itariki abantu benshi by’umwihariko Abakristo baba bizihiza umunsi mukuru wa Noheli bavuga ko ariwo Yezu yavutseho gusa nubwo bimeze bityo siko byari bikwiriye kugenda ku Banyarwanda nubwo nabo biganjemo umubare mwinshi w’abayobotse Ubukristu ariko dukwiriye kwibuka ko turi Abanyarwanda dufite umuco wacu kuko n’iyi minsi mikuru twizihiza nayo ifite imizi […]
Tariki ya 03 Kamena: Ibihangange byaravutse – ibyaranze uyu munsi mu mateka
Ku isi yose hari ibintu bitandukanye byabaye ku munsi nk’uyu haba ku bantu babaye ibyamamare no ku bihugu. Hari kuwa 03 Kamena 1940 u Budage bwateye igisasu mu bufaransa mu mujyi wa Paris gihitana abaturage b’abasivile harimo n’abanyeshuri. Ku munsi nk’uyu kandi hari 1943 ubwo mu ntambara y’isi ya kabiri ubwo indege z’abanazi ziri hagati […]
Cambodia: Umukobwa utangiye gukura, se amwubakira akazu ke ngo ajye yakiriramo abasore
Umwana w’umukobwa yaba akiri muto cyangwa yaramaze gukura yitabwaho n’ababyeyi benshi. Ibi byose bigaragazwa n’igitsure babashyiraho igihe babonye atangiye gutandukire cyangwa se agana muri iyo nzira. Kwita ku mukobwa ahahoze ari mu bwami bwa Cambodia ni ukumurekere ubwisanzure mu gihe yakuze. Icyo bisobanuye ni uko iyo yamaze kwitwa mukuru, umubyeyi we (se) amwubakira akazu k’ibyatsi […]
America ya ruguru na Siberia: Bagurana abagore ngo bajijishe imyuka mibi
Urushako ni ikintu gikomeye mu buzima, gituma umugore n’umugabo bashaka inzira zose zatuma rubahira, mu gihe bitagenze neza bakabyita amahirwe make (imyaku) kandi byizerwa na bamwe ko aturuka ku myuka mibi. Mu majyaruguru y’umugabane w’America ndetse na Siberia y’Uburasirazuba (mu Burusiya), hari abantu bizera ko kugurana abagore mu gihe runaka bijijisha ya myuka mibi izana […]
Ibyo kumenya ku muco wo kumviriza abashakanye batera akabariro
Mu gihe umusore yashakanye n’umukobwa, bashyingiwe mu rusengero cyangwa bisanzwe (civil marriage), hari imihango isanzwe ikorerwa muri urwo rugo rushya n’ubwo ititabirwa n’abantu benshi. Iyo ibamo guha ikaze umukobwa, bikaba bikorwa n’abandi bakobwa baturanye n’umuryango w’uwo musore, bamuganiriza, bakamubwira ko ahantu aje ari heza, mu bantu beza. Hari undi muhango kandi na wo usa n’uw’ibanga, […]