Operasiyo Manhattan igice cya Kabiri

Imyaka 80 irashize hatewe igisasu kirimbuzi cya mbere ku isi mu ntambara ya kabiri y’isi. Mu nkuru yubushize mu gice cya mbere twababwiye uburyo igisasu kirimbuzi cyahinduye ibintu mu mateka y’isi mu mijyi ya Hiroshima na Nakasaki. Uyu munsi rero turagaruka ku mujyi wa Nakasaki nyuma yaho umwami w’Abami w’Ubuyapani yanze kumanika amaboko. Kuwa 6 […]

Ibyo wamenya kuri Palesitine nk’igihugu gishaka kwigenga

Kuva mu bwami bwa Ottoman kugeza kuri Manda y’Ubwongereza,intambara y’iminsi itadatu ,amasezerano atandukanye byagiye bikorwa, ariko kugeza nubu Palesitine iracyarwana nuko yabona ubwigenge. Amakimbirane amaze igihe kinini hagati ya Pelestine na Israel ni amwe mu yaranze akarere k’uburasirazuba bwo hagati ndetse akaba yarateje intambara zidashira muri ako karere kugeza na nubu.Kugira ngo dusobamukirwe aya makimbirane […]

Menya umushinga Manhattan wavuyemo igisasu kirimbuzi cyahinduye amateka y’isi

Turi mu mwaka wi 1942, Abanazi ubwo bari bamaze gufata hafi Uburayi bwose. Mu gihe ku rundi ruhande rw’inyanja ya Atalantika abantu 1400 barimo abahanga muri Siyansi, ubwubatsi, ubugenge no mu butabire bwa Atomike, bari mu gikorwa cy’ibanga kabombo ku rwego rwo hejuru. Muri iki gikorwa nubwo harimo abantu benshi ariko abari bazi uyu mushinga […]

Operasiyo Orchard: Mu zitangaje Mossad yaburijemo

Mu nkuru z’uruhererekane z’urwego rw’iperereza mpuzamahanga rwa Israel, tumaze iminsi tubagezaho, uyu munsi twabahitiyemo Operasiyo Orchard, imwe muzo Mossad yagizemo uruhare rwatumye Siriya idatunga intwaro kirimbuzi , Koreya ya ruguru yabafashagamo gukora. Jenerali Muhammad Sulaiman wa Siriya yangaga Israel ku rwego ruhanitse, ku buryo yifuzaga ko igihugu cye gikora intwaro kirimbuzi zo guha gasopo Israel. […]

Igice cya mbere: Ubuzima n’amateka bya Imhotep umunyafurika w’umuhanga mu bwubatsi n’amateka

Imhotep yari umuntu ukomeye mu mateka ya kera mu Misiri y’Aba-Farawo. Yabayeho mu kinyejana cya 27 mbere ya Yezu Kristu, mu gihe cy’ubwami bwa Farawo Djoser mu bwami bwa mbere butegekanye. Yamenyekanye cyane kubera ibikorwa bye nk’umunyabwenge, umuganga, umuhanga mu by’ubwubatsi, n’umuyobozi w’ingabo. Ubuzima bwa Imhotep Imhotep yavukiye mu Misiri ya kera, ariko amateka y’amavuko […]

Uko Kabila wujuje imyaka 23 arasiwe mu biro bye yapfuye

Ku itariki nk’iyi ya 16 Mutarama 2001, ni bwo Laurent-Désiré Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yishwe arashwe n’umwe mu basirikare bamurindaga. Uyu mukambwe wari ufite imyaka 61 y’amavuko, yishwe nyuma y’imyaka hafi ine afashijwe guhirika ku butegetsi Mobutu Sese Seko n’abarimo Ingabo z’u Rwanda (RDF). Kabila yahumetse umwuka we wa […]

Imyaka 22 irihiritse Al Qaeda igabye ibitero karahabutaka kuri Amerika: Uko byagenze

Ku itariki nk’iyi ya 11 Nzeri mu myaka 22 ishize, umutwe w’iterabwoba wa Al Qaeda wagabye igitero karahabutaka kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni igitero Amerika itazigera yibagirwa mu mateka yayo, kuko uretse kuba hari abaturage bayo babarirwa mu 3,000 bakiguyemo hari n’ibindi byinshi bifite agaciro kabarirwa muri za miliyari z’amadorali yagitakarijemo. Biba hari […]

Dr Gitwaza ntiyumva icyo Abanyaburayi baba bakora mu nama ya AU

Apôtre Dr Gitwaza Paul uyobora itorero Authentic Word Ministries/Zion Temple Celebration Center ntabwo yumva icyo abo mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) baba bakora mu nama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe, AU. Uyu muvugabutumwa ubwo yabwirizaga abayoboke b’itorero ayoboye kuri uyu wa 6 Kanama 2023, yagaragaje uburyo abakoloni basenye umugabane wa Afurika, baca abawutuye mo ibice […]

Rubavu: Abahinzi b’icyayi bararira ayo kwarika kubera ibiza

Imirima myinshi y’abahinzi yangijwe n’umwuzure uherutse kwibasira intara y’iburengerazuba n’amajyaruguru y’u Rwanda mu ijoro ryo ku ya 2-3 Gicurasi 2023. Akarere ka Rubavu ni kamwe mu twibasiwe cyane. Ku nkombe z’umugezi wa Sebeya, imirima y’icyayi, kimwe mu byo igihugu cyoherezwa mu mahanga mu gihugu, yararengewe n’amazi. Abahinzi batinya ko ibintu nk’ ibi bizagwira n’imihindagurikire y’ikirere. […]

Inkuru ‘isekeje’ General Kabarebe atazibagirwa kuri Minisitiri w’ingabo

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, yavuze ikintu gisekeje atazibagirwa kuri Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Major General Albert Murasira. Gen. Kabarebe ubwo yaganiraga n’abanyeshuri biga muri kaminuza ya UTB, yabasobanuriye ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu n’uburyo Inkotanyi zinjije abasirikare ba ‘Ex-FAR’ mu ngabo z’igihugu. Muri ba ‘Ex-FAR’ binjiye mu ngabo […]