General Kabarebe yagaragaje urwango rukomeye abakoloni b’Ababiligi bagiriye u Rwanda

Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, yagaragaje urwango rukomeye abakoloni b’Ababiligi bagiriye u Rwanda. Gen. Kabarebe ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri kaminuza ya UTB mu karere ka Rubavu, yasobanuye ko Ababiligi batigeze bubaka ibikorwaremezo mu Rwanda, mu gihe abakolonizaga ibihugu by’abaturanyi bo bubakagayo amashuri menshi. Yagize ati: “Batangiye amacakubiri u […]

Ingabo zari ziyobowe na James Kabarebe zafashe Kinshasa mu myaka 26 ishize

Abarwanyi ba AFDL bari kumwe n'Abanyarwanda n'abanya-Uganda, ubwo binjiraga i Kinshasa

Hari mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Gicurasi 1997, abarwanyi barimo abo mu mutwe witwaje intwaro wa AFDL wa Laurent Desiré Kabila, Abanyarwanda n’abanya-Uganda bari bayobowe na James Kabarebe binjira mu murwa mukuru wa Repubulika ya demukarasi ya Congo yitwaga Zaà¯re, Kinshasa. Icyagejeje aba barwanyi bari urubyiruko i Kinshasa ni ugukuraho ubutegetsi […]

Imyaka 29 irashize: Habyarimana yishwe nyuma y’amezi make abitegujwe

Ku mugoroba wa tariki ya 6 Mata 1994, indege ya Dassault Falcon 50 yarimo Juvénal Habyarimana wari Perezida w’u Rwanda kuva mu mwaka w’1973 yarashwe itaragera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, ahita ahasiga ubuzima. Ni urupfu rwari rusa n’urutari rutunguranye kuri bamwe kuko umunyamakuru Ngeze Hassan yari amaze amezi hafi ane atangarije mu kinyamakuru […]

Imyaka 19 irashize ingabo kabuhariwe z’Abanyamerika zivumbuye Saddam Hussein mu mwobo

Saddam yari umwe mu bategetsi batinyitse ku Isi

Mu bikorwa bitazibagirana ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zakoze, harimo ‘Operation Red Dawn’ yarangiye zivumbuye mu mwobo Saddam Hussein wabaye Perezida wa Iraq kuva mu mwaka w’1979 kugeza mu 2003. Operasiyo yabereye mu mujyi wa ad-Dawr muri Iraq, mu majyepfo y’umujyi wa Tikrit yavukiyemo, tariki ya 13 Ukuboza 2003, ikozwe n’itsinda kabuhariwe, […]

Amafoto: Ibyamamare muri Hollywood byitabiriye ubukangurambaga busaba ifungurwa rya Rusesabagina

b1fbbe08a637fd40faa9f205cf4c8fbd.jpg

Ibyamamare muri Hollywood birimo Don Cheadle (wakinnye ari Rusesabagina muri Hotel Rwanda) byitabiriye ubukangurambaga bwiswe #FreeRusesabagina bugamije gusaba ifungurwa rya Paul Rusesabagina wakatiwe n’ubutabera bw’u Rwanda imyaka 25 y’igifungo nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo iterabwoba no guhungabanya umutekano w’igihugu. Urugaga rw’Abavoka b’Abanyamerika na Clooney Foundation for Justice, Inama mpuzamahanga y’abavoka, ndetse n’imiryango iharanira uburenganzira bwa […]

Uko urukundo rwabaye imbarutso y’intambara hagati ya Uganda na Tanzaniya

513ae6e6-e41b-4312-8b9c-7cd17c42badd.jpg

Intambara hagati ya Uganda na Tanzania yabaye intandaro yo kuva ku butegetsi kwa Idi Amin yamenyekanye nk’”Intambara yo mu 1979”, ubundi yatangiye mu Ukwakira 1978, nyuma y’umunsi umwe Uganda yizihije isabukuru y’imyaka 16 yari imaze ibonye ukwishyira ukizana. Uko urukundo rwabaye intandaro Mu ijoro ryo ku itariki ya 10 Ukwakira 1978, Uganda yateye Tanzaniya. Mu […]

Uko Abirabura b’Abanyamerika babarizwaga muri Black Panther bayobeje indege mu 1972

_115805515_m_mandj.jpg

Mu 1972, habayeho kuyobya indege kudasanzwe kwakozwe n’agatsiko k’abagabo batatu, abagore babiri, bo mu mutwe wa Black Panther, bari kumwe n’abana bakiri bato batatu, ubwo bayobyaga indege ya sosiyete ya Delta Airlines bakayikura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakayambutsa inyanja ya Atlantika bakayerekeza muri Afurika y’amajyaruguru, ariko kuva icyo gihe abakoze iki gikorwa ntibongeye […]

Amateka ya Rusuka ukomokwaho n’Abasuka n’uko yageze mu Rwanda

Rusuka ni we ukomokwaho n’abitwa Abasuka, yageze mu Rwanda aturutse mu Gisaka ari kumwe na se Temahagali ndetse na mushiki we Sasamyaliro. Aha hari ku ngoma ya Mibambwe III Sentabyo, wabaye Umwami w’u Rwanda kuva muri Kamena 1741 kugera muri Gashyantare 1746. Nyuma gato, se yaje gusubira mu Gisaka, maze Rusuka na Sasamyaliro basigara mu […]

Ubuzima bw’icyamamare mu butasi cyakoreye ibihugu 2 bihanganye

George Blake yavutse ku itariki 11 ugushyingo 1922 amazina yahawe n’ababyeyi ni George Behar avukira mu Mujyi wa Rotterdams mu Buholandi akorera ubutasi bw’u Bwongereza n’ubutasi bw’u Burusiya mbere yo gufatwa agakatirwa agatoroka gereza agahungira i Moscow. Nyina umubyara yari Umuporotesitanti w’Umudage, naho se akaba yari Umuyahudi ufite ubwenegihugu bw’u Bwongereza. Ise umubyara, Albert Behar, […]