AMATEKA: Umugore wa Lumumba yazengurutse umujyi yambaye ubusa

Mu kiganiro isi n’abantu gitambuka kuri Bwiza TV , babagejeje uburyo umugore wa Patrice Lumumba ,ufatwa nk’intwari ya Congo-Kinshasa, yemeye gushyira ubwambure bwe ku ka rubanda mu mihanda ya i Leopold ville (Kinshasa y’ubu), ku manywa yihangu ashagawe n’abanyekongo bari mu myigaragambyo mu mwaka w’1961 ku itariki ya 14 Gashyantare, nyuma yo kumenya inkuru y’incamugongo […]
Amateka ya Remera y’Abaforongo, aho Forongo yakubitiye inshuro Abanyoro
Remera y’Abaforongo ni hamwe mu hantu ndangamateka mu Ntara y’Amajyaruguru hakaba haramenyekanye cyane ku gitero Umugaba w’ingabo z’umwami Mibambwe I Sekarongoro I Mutabazi witwa Forongo akaba ari na we Abaforongo bakomokaho afatanyije n’ingabo ze batsindiye Abanyoro ahitwa Ngabotsinze. Aha ni mu karere ka Rulindo mu Murenge wa Cyinzuzi mu Ntara y’Amajyaruguru y’u Rwanda hari hatuye […]
Menya umuhango wo ‘Gufukura amariba’ n’inzara zagiye zibasira u Rwanda
Imihango yo gufukura amariba yaberaga mu Bufundu, mu Kabagali, mu Nyantango, mu Kinyaga, ariko cyane cyane ku iriba rya Nzavu mu Bunyambiriri, kuko ariryo rya Maryohe, kandi rikaba ingarigari y’Abami b’Amatungo bafite umurwa wabo wa Suti ya Banege mu Bunyambiriri. Bafukuraga amariba mu miterekero yo guhosha ibyorezo by’indwara byakundaga gutera mu matungo. • Muryamo yateye […]
Imyaka 30 irashize Perezida Doe yishwe akaswe igitsina azira gutwaza ubugome

Hashize imyaka 30 uwahoze ari Perezida wa Liberia, Samuel Doe yishwe akaswe ingingo z’umubiri zirimo igitsina, mu gikorwa cyafatirwaga amashusho. Ababikoze ni abasirikare bari bamaze kumuhirika ku butegetsi, bamuhoraga ibikorwa bya kinyamaswa byamuranze ku butegetsi yari amazeho imyaka 10 (1980-1990). Ibyo Perezida Doe yakoze kandi byabaye nk’ingororano z’ibyo yakoreye William Tolbert ubwo yamuhirikaga ku butegetsi […]
Burundi: Imirambo y’abantu 12 bakekwaho kuba abasirikare yabonetse mu ishyamba rya Kibira
Imirambo y’abantu 12 bambaye impuzankano isa n’igisirikare cy’u Burundi yabonetse mu ishyamba rya Kibira, ahaherera mu giturage cya Gafumbegeti muri Komine ya Mabaye mu Ntara ya Cibitoke. Sos Media yatangaje ko abaturage baho bayibwiye ko iyi mirambo yabonetse nyuma y’uko mu minsi ine ishize, muri Gafumbegeti huvikanye urusaku rw’amasasu. Abayibonye kandi bavuga ko imwe muri […]
Tariki 23 Nyakanga 1952: Igisirikare cya Misiri cyahiritse ubutegetsi bw’umwami Farouk I
Uyu munsi ni kuwa Kane tariki 23 Nyakanga 2020. Ni umunsi wa 205 mu minsi igize umwaka. 2020 irabura iminsi 161 ngo igere ku musozo. Tariki ya 23 Nyakanga 1952, igisirikare cya Misiri kiyobowe na Colonel Gamal Abdal Nasser cyahiritse ubutegetsi bw’umwami Farouk I. Umwami Farouk yayoboye Misiri kuva mu mwaka 1936 kugeza ku wa […]
Ku musi nk’uyu 1099 Crusade: Abisilamu bigaruriye umurwa wa Yerusalemu
Uyu musi ni kuwa Gatatu tariki 15, Nyakanga 2020. Ni umusi 198 mu misi isanzwe igize umwaka. Uyu mwaka usigaje imisi 169 ngo ugere ku musozo. Kuri uyu musi mu mu Ntambara z’amadini( Crusade), Abayisilamu bigaruriye umurwa mukuru Yerusalemu. Iyi yerusalemu muri iki gihe yafatwaga nk’umurwa w’ubukilisitu mwisi. Abarwanyi bo mu dini ya Isilamu bishe […]
Ku munsi nk’uyu mu 1924: Amerika yatoye itegeko ribuza amashuri kwigisha amahame y’umwanditsi Darwin akubiye mu gitabo The Origin of Spaces
Uyu munsi ni ku wa Gatanu tariki ya 10 Nyakanga 2020. Ni umunsi w’192 mu minsi igize umwaka 2020. Uyu mwaka urabura imisi 174 ngo ugere ku musozo. Tariki ya 10 Nyakanga 1924, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatoye itegeko rihagarika inyigisho z’umwanditsi w’Umwongereza Charles Darwin zari zikubiye mu gitabo yise the Origin of Species. Iki […]
Urupfu rwa ba Perezida babiri ba USA ku itariki nk’iyi mu 1826
Thomas Jefferson na John Adams bombi bayoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bapfuye ku munsi umwe, ukwezi kumwe n’umwaka umwe w’1826. Amasaha atanu yonyine ni yo ari hagati y’urupfu rwa Perezida Jefferson n’urwa Thomas Adams. Thomas Jefferson na John Adams ni bamwe mu baperezida bari baragize uruhare mu mpinduramatwara y’Amerika (American Revolution), aho bahagaze bemye bakigobotora […]
Perezida wa Misiri Mohamed Morsi yahiritswe ku butegetsi ku itariki nk’iyi mu 2013
Mohamed Morsi wavutse ku itariki ya 20 Kanama 1951, yari yarabaye Perezida wa Misiri kuva mu 2012, ubutegetsi bwe bwatembagajwe ku ngufu za gisikare ku munsi nk’uyu. Umugabo wari uyoboye ingabo zahiritse ubutegetsi bwa Morsi, ni Abdel Fattah el-Sisi kugeza ubu ufite n’ipeti rya Marshal riruta ayandi mu girikare ndetse aracyanayobora iki gihugu. Mohamed Morsi […]