Menya intambara 10 zamaze igihe gito mu mateka y’Isi
Mu gihe kuva isi yaremwa hagiye habaho intambara nyinshi, hari izagiye zimara igihe kirekire, zikanahitana ubuzima bwa benshi, hari n’izabaye igihe gito cyane kurusha izindi mu mateka nyuma y’umwaka wa 1800 kugeza ubu. 10. Intambara yiswe Falklands War yo mu 1982 hagati y’igihugu cya Argentine n’Ubwongereza, yamaze iminsi 42 gusa. Iyi ntambara ibi bihugu byarwanye […]
Ku munsi nk’uyu tariki ya 11 Kamena 2010 bwa mbere igikombe cy’Isi cyabereye muri Afurika
Mu mwaka wa 2010 ni bwo muri Afurika y’Epfo habaye umukino wa mbere w’igikombe cy’Isi wahuje Mexico na Afurika y’Epfo urangira amakipe yombi anganyije igitego kimwe kuri kimwe. Afurika y’Epfo yahawe kwakira iki gikombe nyuma yuko n’ibihugu nka Morocco na Egypt na byo byari byabisabye ariko birangira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA igihaye iki […]
Tariki nk’iyi ya 10 Kamena mu 1801 ni bwo Libya yatangaje ko igiye guhangana na Amerika mu ntambara
Kubera Libya yari iri mu bihugu bine byatangaga amaturo buri mwaka kuri Amerika, mu 1801 baje kubyanga biyemeza kurwana intambara na Amerika ikaba yariswe First Barbary War cyangwa Tripolitan War. Leta zunze ubumwe z’Amerika byasaga nk’aho ibihugu bine byo mu majyaruguru y’Afurika biri mu kwaha kwayo ari byo Morocco, icyahoze ari Tunis, Algiers na Tripoli […]
Tariki nk’iyi ya 09 Kamena 2019 abanya Hong Kong barenga miliyoni bose bari bari mu myigaragambyo
Mu gihe ubu mu gihugu cy’igihangange nk’Amerika hari imyigaragambyo idasanzwe kubera ubukana ifite, ku munsi nk’uyu mu mwaka ushize wa 2019 Hong Kong na yo ntibyari biyoroheye guhosha imyigaragambyo yari irimo abarenga miliyoni imwe bose. Iyi myigaragambyo ifatwa nk’imwe mu yabayeho ikomeye mu mateka y’isi yatewe n’uko umuyobozi w’Umujyi wa Hong Kong, Carrie Lam yari […]
Tariki nk’iyi ya 08 Kamena mu 1968 uwarashe intwari y’Isi Martin Luther King yarafashwe arafungwa
Tariki nk’iyi ya 08 Kamena mu 1968 , Martin Luther wari impirimbanyi y’impinduramatwara mu bijyanye no kuba yaraharaniraga uburenganzira bwa muntu by’umwihariko akaba yararwanyaga irondaruhu ryakorerwaga abirabura babaga muri Amerika yaje kuraswa na James Earl Ray , waje gufatirwa mu Bwongereza aho yari yarahungiye ubutabera. Uru rugamba Martin Luther yarutangiye kuva mu 1950 kugeza mu […]
Afurika mu 1893: Mahatma Gandhi yatangije ibikorwa byo kurwanya ivanguramoko
Mu gihe uyu munsi muri Amerika bari kwamagana ihohoterwa rikorerwa abirabura, ku munsi nk’uyu mu 1893 umuhinde Mahatma Ghandhi yatangiye kurwanya ivangura ry’amoko muri Afurika y’Epfo. Mahatma Ghandi yavukiye mu Buhinde yiga mu Bwongereza, maze mu mwaka wa 1893 yoherezwa muri Afurika y’Epfo ku mpamvu z’akazi ka Politike aho yari afite manda yo kuhamara umwaka […]
Uburyo ‘Operasiyo Overlord’ yafashije Amerika kwigarurira ubutaka yari yaranyazwe na Hitler
Ku wa 6 Kamena mu 1944, habaye urugamba rwa gisirikare rukomeye mu mateka y’Isi. Icyo gihe hari mu Ntambara ya Kabiri y’Isi, ubwo Komanda Gen. Dwight D. Eisenhower wari uyoboye ubumwe bw’ibihugu byarimo u Bufaransa, USA, Canada… n’u Bwongereza bwamenyekanye nka ‘Allied Power’ yatangaga uburenganzira bwo kugaba igitero ahazwi nka Normandy mu Bufaransa, operasiyo yiswe […]
Menya ibikorwa byaranze itariki ya 05 Kamena mu mateka n’ibyamamare byavutse ku munsi nk’uyu
Ibihugu n’abantu ku giti cyabo bagiye bakora ibintu bitandukanye kuri iyi tariki harimo n’ibyarebaga isi yose. Ku itariki ya 05 Kamena kandi mu 1963 uwari umunyamabanga w’Ubwongereza mu by’intambara John Profumo yegujwe ku mirimo ye ashinjwa icyaha cy’ubusambanyi aho yari yaryamanye n’uwakoraga umwuga w’uburaya witwa Christine Keeler. Hari mu 1967 ku itariki nk’iyi ya 05 […]
Kabuga ngo arashaka ko abantu bamenya ukuri
Kuri uyu wa 03 Kamena 2020, umucamanza wo muri Ndemeye y’Urukiko rw’Ubujurire rwa Paris yafashe icyemezo ku rubanza rwa Kabuga Félicien: « Kabuga agomba gushyikirizwa urwego rwasimbuye Inkiko mpanabyaha mpuzamahanga », nk’uko byemezwa na Alain Gauthier, umuyobozi w’Ihuriro ry’imiryango ihagariye Abahohotewe mu Rwanda (CPCR). Iki cyemezo nyir’ubwite ngo yacyakiriye nk’umuntu usa n’utumva neza ibimubayeho. Gusa […]
Dore bimwe mu byaranze i tariki ya 04 Kamena mu mateka y’isi
Hari ibikorwa bitandukanye byaranze uyu munsi mu mateka harimo ibyakozwe ku bantu ku giti cyabo n’ibyakozwe n’ibihugu. Hari kuwa 04 Kamena mu 1944 ubwo ubwato bw’intambara bugendera munsi y’amazi (Submarine) U-505 bwa Adolf Hitler bwafatwaga. Ubu ni ubwato butazibagirana mu mateka y’isi bitewe n’ukuntu bwari ntahangarwa mu ntambara Abadage barwanye. Ku munsi nk’uyu hari mu […]