Ubusitani bugezweho mu Mujyi wa Kigali burimo na Pisine, ahantu wakorera ibirori wisanzuye muri iki gihe- REBA AMAFOTO
Ni ubusitani burimo indabyo zitoshye, buherereye inyuma gato y’agasanteri k’ubucuruzi ka Gasanze, Mu mudugudu w’Agatagara, Akagari ka Gasanze, Umurenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali. Bukorerwamo ubukwe n’ibindi birori bitandukanye. Buragutse kandi buranazitiye, ushyiramo amahema atandukanye yakwakirirwamo abantu basaga 1000, by’umwihariko bukaba bufite n’igice cya pisine abashaka koga no kwifotoza bifashisha, ubu […]
Jardin nini mu Mujyi wa Kigali yo gukoreramo ubukwe wisanzuye twagabanyije ibiciro- REBA AMAFOTO
Igiciro cyagabanyijwe kubifuza gukorera ibirori mu busitani bwa Zenith Garden burimo indabyo zitoshye, buherereye I Gasanze, mu karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali. Bukorerwamo ubukwe, isabukuru, inama, kwifotorezamo, gusaba no gukwa n’ibindi birori bitandukanye, ukabikora wisanzuye kubera ubwiza ni ubunini bwayo. Zenith Gardin ni ahantu hisanzuye wakwakirira inshuti n’abandimwe nta nkomyi , harazitiye, ushyiramo […]
ABS bazanye imiti yica udukoko twazengereje abantu mu nzu , amasuku ku ntebe,Tapis n’amakaro bigasubirana ubushya
Amarissa Business system Ltd (ABS) ni Kompanyi ikora ibikorwa by’isuku n’isukura yiyemeje gufasha abanyarwanda muri serivisi zinoze zo kubafasha gusukura aho baba no gutera imiti mu nzu yica udukoko dutandukanye , mu busitani no muri za pisine, koza intebe zo mu nzu, tapis, amakaro ndetse no guhanagura ibirahure by’amazu bikongera bigasubirana ubushyashya bwabyo. Semigabo Charles […]
KTN Rwanda yatanze amahirwe yo gutunga ikibanza muri Kigali
Kuri ubu gutunga ubutaka muri Kigali ntibikiri inzozi kuri bamwe, kuko sosiyete nyarwanda KTN RWANDA Ltd iherutse kwagurira imbago zayo mu gihugu cya Tanzania ikomeje kuba ikiraro gihuza abifuza kugurisha ubutaka n’abakeneye kubugura kandi bose badahenzwe. KTN RWANDA Ltd yashyize ku isoko ibindi bibanza byo guturamo biherereye mu murenge wa NDERA n’uwa RUSORORO. Ibi bibanza […]
Goma: Impanuka y'ikamyo itwaye ubuzima bw'abacuruzi 14, inkomere ni nyinshi
Ku mugoroba w’uyu wa 25 Nyakanga mu mugi wa Goma habaye impanuka y’imodoka, abantu 14 bahasiga ubuzima, abandi bakomereka bikomeye. Inkuru ya Radio Okapi ivuga ko ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso yavaga ku kibuga cy’indege cya Goma, irayoba isanga abacuruzi bacururizaga imbere y’inzu ibikwamo ibicuruzwa. Ikimara kubagonga, umunani bahise bapfa, abandi batandatu bapfa nyuma […]
Kigali: Hatangiye inama mpuzamahanga ya 5 mu kuzamura urwego rw’amasomo y’ubumenyi n’ubumenyi ngiro
Kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Gicurasi 2019, i Kigali hatangiye inama mpuzamahanga ya gatanu ku bufatanye mu kuzamura urwego rw’amasomo y’ubumenyi( Science) n’ubumenyi ngiro (TVT) PASET ( Partnership for Skills in Applied Science , Engineering and Technology ) by’umwihariko mu bihugu bya Afurika y’ubutayu bwa Sahara. Iyi nama ya PASET iriga uburyo […]
Ahantu nyaburanga ku isi, ishyamba rya Bwindi muri Uganda ku mwanya wa mbere-CNN
Igitangazamakuru gikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, CNN, cyasohoye urutonde rw’ahantu nyaburanga ku isi, ishyamba rya Bwindi mu Bugande riza ku mwanya wa mbere. Uru rutonde rw’ahantu 25 rwasohotse ku wa 24 Mata, umunsi wo kwizihiza kubaho kw’isi, nk’umubumbe rukumbi ufite ubuzima. Amashyamba meza yo muri Afurika, Ubutayu muri Amerika y’Abalatini, amasumo y’amazi n’imigi […]
Uganda: 20 bimaze kwemezwa ko baguye mu mpanuka y’ubwato bwarimo bimwe mu byamamare
Byibuze abantu 20 bimaze kwemezwa ko ari bo baguye mu mpanuka y’ubwato yabereye mu Kiyaga cya Victoria ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu ubwo ubwato bari barimo bagiye kwishimisha bwarohamaga. Biravugwa ko abantu bagera ku 100 ari bo bari bari muri ubu bwato bwarohamye nyuma y’akanya gato buhagurutse Mukono. Igipolisi cya Uganda cyari cyabanje […]
U Burusiya bwabuze icyogajuru nyuma y’amasaha make cyoherejwe mu kirere
Icyogajuru cy’u Burusiya cyagenewe gukora iby’iteganyagihe cyari kimaze amasaha make cyoherejwe kimaze kuburirwa irengero mu isanzure ry’ikirere,ni amakuru yemezwa n’abahanga bo mu kigo Roscosmos bagikurikiraniraga hafi . Iki cyogajuru Meteor-M Nº 2-1 cyoherejwe mu kirere giturutse ahitwa Vostochny Cosmodrome, ngo cyamaze gutakaza itumanaho n’Ikigo cy’u Burusiya gishinzwe iby’ibyogajuru bita ‘Russia State Space Corporation Roscosmos […]
Umuryango wa Maner na Chanira bari mu bihe byiza by'urukundo aho bitegura kwakira umwana w'umuhungu
Maniraguha Eric bakunze kwita MANERI kuri 02/08/2015 kuri ADEPR Kicukiro Shell I sacyenda nibwo yambikanye impeta y’urudashira na Uwizera Chantal (CHANIRA) byari ibyishimo bikomeye kuri Maneri ndetse na Chanira nk’uko babidutangariza, kuri ubu rero bakaba bari mubihe byiza aho bategereje umwana w’umuhungu Ikiganiro twagiranye na Maneri Umunyamakuru : Watangira utwibwira Maneri: Nitwa Maniraguha Eric Maneri […]