Umugabo yabyutse asanga igitsina cye cyazimiye

Muri Afurika hakomeje kugaragara kibazo aho abantu bavuga ko gituruka mu bwonko bitewe no gutakaza igitsina cyabo. Iki kibazo cyamenyekanye cyane bwa mbere muri Nigeria ariko kimaze kugera no mu bindi bihugu birimo na Ghana. Nk’uko byatangajwe, hari umugabo ukiri muto wavuze ko igitsina cye cyaburiwe irengero nyuma yo guhura n’undi muntu. Uwo mugabo yagaragaye […]
Abagabo bikubye kabiri mu burebure kurusha abagore – Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko abantu bagiye barushaho gukura mu burebure no mu buremere mu kinyejana gishize bitewe n’imibereho myiza n’imirire myiza. Ariko, izi mpinduka ntizabaye ku rugero rumwe hagati y’abagabo n’abagore. Abagabo bagize ubwiyongere bwihuse mu burebure no mu buremere kurusha abagore nk’uko ubushakashatsi bwatangajwe mu kinyamakuru Biology Letters bwabisobanuye. Abashakashatsi bo mu Butaliyani, Leta […]
Umupolisi yaguye hejuru y’umugore basambanaga muri Hoteli

Umupolisi witwa Lawal Ibrahim ukorera kuri sitasiyo ya polisi ya Kwali muri Nigeria, yapfuye ku wa Kane tariki ya 16 Mutarama mu cyumba cya hoteli ya Palasa Guest Inn iherereye i Gwagwalada, mu mujyi wa Abuja. Byatangajwe ko urupfu rwe rwabaye nyuma yo kuraara asambana n’umugore bari bahuriye ku mbuga nkoranyambaga. Amakuru aturuka mu bitangazamakuru […]
Umuryango w’umukobwa wagabye igitero ku musore wanze kurongora umukobwa wabo

Mu gace ka Karauli mu ntara ya Rajasthan mu Buhinde, habereye inkuru idasanzwe ubwo umuryango w’umukobwa warakazwaga bikomeye n’umusore wambitse impeta umukobwa wabo maze ntiyamurongora. Uyu musore wari warambitse impeta yaje kubenga uwo yambitse impeta ku munsi w’ubukwe aho byarakaje umuryango w’umukobwa bigatuma ugaba igitero ku muryango w’uyu musore. Ubwo bagabo igitero muri uru rugo, […]
Yaroze umwana we agamije kwibonera aba-followers kuri TikTok

Umugore w’imyaka 34 ukomoka muri Australia umenyerewe ku rubuga rwa TikTok, yatawe muri yombi ashinjwa kurogoya umwana we no kumukorera iyicarubozo kugira ngo abone inkunga y’amafaranga ndetse yongere n’umubare wabamukurikira kuri uru rubuga. Amashusho yerekana uyu mugore wo muri Queensland arira ubwo abapolisi bamwambikaga amapingu mbere yo kumujyana mu modoka ya polisi. Uyu mugore arashinjwa […]
Ku myaka 120 ibura amezi 2 yaciye agahigo ko kuba umuntu ukuze cyane ku isi

Umukecuru w’imyaka 119 wo muri Leta ya Rio de Janeiro muri Brazil, Deolira Gliceria Pedro da Silva aritegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 120 mu mezi abiri ari imbere, ndetse akaba agiye no kwemezwa na Guinness World Records nk’umuntu ukuze kurusha abandi ku isi. Uyu mwanya kuri ubu ufitwe n’undi Munya-Brazil witwa Inah Canabarro Lucas, umubikira w’imyaka […]
Umukozi wo mu ndege yirukanwe azira kumansurira mu kazi

Umukozi wo mu ndege wari umaze amezi arenga atandatu akora muri Alaska Airlines, Nelle Diala yirukanwe ku kazi nyuma yo gushyira ku rubuga rwa TikTok amashusho yamugaragazaga ari kumansurira mu ndege. Nk’uko byatangajwe na New York Post, aya mashusho yafashwe ubwo yari ari mu kazi aho byatumye ashinjwa kurenga ku mategeko y’ikigo yerekeye imikoreshereze y’imbuga […]
Yakoze ubukwe bikino none yisanze mu nkiko

Mu gihugu cya Australia, haravugwa inkuru y’umugore wasabye urukiko gutesha agaciro amasezerano yo gushyingiranwa yakoze yibwira ko ari imikino aho yashakaga kwibonera abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugore utatangajwe amazina yavuze ko ibyo byabaye mu birori byo mu Ukuboza 2023 byari byateguwe n’uwari umukunzi we, aho bari bagamije kuzamura abamukurikira (followers) ku rubuga rwa Instagram. […]
Yafunzwe azira gishyira igitsina cye mu zuru ry’ifarasi

Mu kwezi gushize muri Leta ya Florida, polisi yataye muri yombi umugabo witwa Donald Calloway w’imyaka 53 nyuma yo gushinjwa ibikorwa bifitanye isano no guhohotera inyamaswa byakorewe ifarasi. Ibi byabereye mu gace ka Lake Wales ku itariki ya 26 Ukuboza 2024 nk’uko byemezwa n’abatangabuhamya babonye uyu mugabo ari gukora ayo mahano. Nk’uko bigaragara mu nyandiko […]
Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu

Mu gihugu cya Brazili, mu gace ka Samambaia mu Mujyi wa Federal haravugwa urupfu rw’umukozi wo mu rwuri w’imyaka 45 bivugwa ko yageragezaga gufata inka ku ngufu. Uyu mugabo utatangajwe amazina yasanzwe yapfuye aryamye iruhande rw’inka yambaye agakingirizo yari agiye gukoresha afata kungufu iyo nka. Amakuru yatangajwe n’abakozi bagenzi be avuga ko uyu nyakwigendera yari […]