Yaretse gukina Basketball ajya gucuruza ubwambure bwe kuri murandasi

Liz Cambage, umwe mu bakinnyi b’imena b’umupira w’amaboko w’abagore ku isi yongeye kugaruka mu itangazamakuru mu buryo budasanzwe nyuma y’uko aretse gukina akajya gucuruza ubwambure bwe kuri murandasi. Uyu mukobwa wahoze akina muri shampiyona ya WNBA muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko amafaranga yinjije mu cyumweru cya mbere ajya kuri OnlyFans urubuga rucuruza  […]

RDC na Sudan biyoboye isi mu kugira abagabo bibitseho ibitsina bya rutura

Ubushakashatsi bwakozwe na Data Pandas isoko y’amakuru atandukanye ku buzima n’imibare y’abaturage, ubukungu ndetse n’ibindi bwerekanye uko ibihugu bihagaze ku bipimo by’uburebure bw’igitsina cy’abagabo igihe cyafashe umurego. Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko impuzandengo y’uburebure bw’igitsina cy’abagabo ku isi ari hafi santimetero 13.12 (inch 5.16) mu gihe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari santimetero 14.1 (inch […]

Amabere y’umukobwa yikubye inshuro 4 mu bunini nyuma yo guterwa urukingo rwa Covid-19

Mu gihe cy’amezi atandatu nyuma yo guterwa urukingo rwa Covid-19 rwa Pfizer, umukobwa w’imyaka 19 wo muri Canada yabayeho ubuzima butangaje ubwo amabere ye yabaga manini  cyane aho bitangazwa ko yikubye inshuro 4.  Uyu mukobwa watangiriye ku ngano ya B cup akagera kuri G cup (ubunini bw’amabere) yatangiye kumva amabere ye ari kugenda abyimba nyuma […]

Umunya-Canada yapfiriye muri Kenya nyuma yo kumara ijoro yikinisha

Umunya-Canada witwa Gregory John Kilgour, w’imyaka 66 yasanzwe yapfuye mu cyumba cye giherereye i Shanzu, Mombasa muri Kenya mu gitondo cyo ku wa Mbere. Bikekwa ko urupfu rwe rwatewe n’ibikorwa byo kwikinisha yarayemo mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira ku wa Mbere yapfiriyeho. Nk’uko Polisi yo muri Kenya yabitangaje, umurambo wa Kilgour wasanzwe mu nzu, […]

Umugeni yatorotse ubukwe ku munota wa nyuma kubera ubwoba bwo kurongorwa (Amafoto)

Umugeni witwa Nansik Dashe wari utegerejwe n’imiryango n’inshuti mu birori by’ubukwe bwe yatorotse umunsi umwe mbere y’ubukwe bwe mu karere ka Plateau mu gihugu cya Nigeria. Ubukwe bwa Nansik Dashe na Kapnan Daniel Ventur bwari buteganyijwe kuba ku wa 27 Ukuboza 2024 mu rusengero rwa COCIN LCC, NIMTIM, PIL Gani. Amakuru aturuka ku bantu ba […]

Umugore wari ukuze cyane ku isi yapfuye

Umugore w’Ubuyapani, Tomiko Itooka wari ufite imyaka 116 n’agahigo ko kuba umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi, yapfuye ku wa 29 Ukuboza 2024. Urupfu rwe rwemejwe n’inzego z’ubuzima kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Mutarama 2025. Tomiko, wavukiye mu Mujyi wa Osaka mu Buyapani ku wa 23 Gicurasi 1908 yari yarahawe agahigo na Guinness […]

Umugore ufite Tatuwaje umubiri wose yatangaje isi

Amber w’imyaka 28 uzwi nka “Dragon Girl,” yashyize hanze ifoto itangaje y’uko yari ameze afite imyaka 20 atari yashyira tatuwaje ku umubiri we wose, ibintu byatangaje abamubonye. Uyu mugore w’umunyamideli ukomoka i Brisbane ubu afatwa nk’umugore ufite tatuwaje nyinshi cyane aho 99% by’umubiri we batakagijwe n’ibishushanyo. Amber yatangaje ko amaze gushora arenga $280,000 arenga miliyoni […]

Umugore yahawe impyiko y’Ingurube

Towana Looney, umugore w’imyaka 53 wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, arimo koroherwa nyuma yo guhabwa impyiko y’ingurube yahinduriwe utunyangingo mu kwezi gushize. Iki ni igikorwa cy’amateka mu buvuzi kuko gikuraho imyaka umunani yari amaze akoresha imashini isukura amaraso (dialysis). Looney yabaye Umunyamerika wa gatanu uhabwa urugingo rw’ingurube rwahinduwe kugira ngo rube nk’ur’umuntu, azaniye […]

Itandukaniro riri hagati ya Android na iOS

Mu isi y’ikoranabuhanga rigezweho, Android na iOS ni porogaramu zifite uruhare runini mu matelefoni agezweho, azwi nka smartphones. Nubwo zombi zifite intego imwe yo gufasha abantu mu buzima bwa buri munsi, hari itandukaniro rinini hagati yazo. Ibikoresho Byihariye Android ni porogaramu ikoreshwa n’ibikoresho byinshi, birimo Samsung, Xiaomi, na Huawei. Ni uburyo bwashyizweho na Google, bugamije […]

Ukuntu umugabo yashatse kuyobya indege yajyaga muri Mexico akayijyana muri Amerika

Ku Cyumweru, umugenzi wari mu ndege y’isosiyete y’indege ya Volaris yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza kuyobya indege yari igiye i Tijuana, muri Mexique, ngo ayerekeze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Indege ifite nimero Flight 3041 yari iturutse ku kibuga cy’indege cya Baj?o International mu gace ka Mexique yo hagati, aho yahagurutse saa moya […]