itangazo_removed-1.jpg

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE KU MUPAKA WA GISENYI LA CORNISHE

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 30 Kanama 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu nkuko bigaragara ku mugereka.

itangazo_removed-1.jpg

Cyamunara izabera ku mupaka wa Gisenyi La Cornishe saa yine (10h00 Am ).
Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bw’Umupaka wa Gisenyi La Cornishe mu masaha y’akazi hagati y’itariki ya 25 kugeza kuya 29 Kanama 2023.
itangazo_removed-2.jpg
itangazo_removed-3.jpg

Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka
itangazo_removed.pdf

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *