Kurangiza vuba cyangwa se gusohora nyuma y’igihe gito cyane utangiye igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ni ikibazo kibangamiye imiryango myinshi ku Isi, ndetse hari ubwo guteza amakimbirane, kikaba cyazirwanya.
Iki kibazo giterwa n’impamvu rusange zitandukanye zirimo: umunaniro mwinshi, kubura ubwisanzure cyangwa kudatuza mu gihe cy’imibonano, kuba utaramenyera iki gikorwa cyangwa se ugikora n’uwo mudahuje ibyiyumviro muri ako kanya.
Ni kenshi BWIZA yakira ubutumwa butandukanye bw’abagabo bayimenyesha ko bafite ikibazo cyo kurangiza vuba, kandi ko kibatera ipfunwe mu gihe bakora imibonano mpuzabitsina, bamwe muri bo baba barihebye, bakabaza bati “Haba hari umuti w’iki kibazo?”
Iyi nyongera mirire irahari, gusa turareba ku ukoreshwa cyane kandi wizewe witwa ‘Revive Capsule’. Wakozwe mu gihingwa kirandaranda cyitwa Epimedium kiboneka cyane mu Bushinwa.
Nk’uko abashakashatsi batatu: Dr Onengiyofori Ibama, Nyebuchi Jonathan na Tarira Ngowali Aleruchi-Didia bigisha muri kaminuza ya siyansi n’ikoranabuhanga ya Rivers State yo muri Nigeria babitangarije ku rubuga Research Gate, iyi nyongera mirire izwi ku izina rya ‘Kedi Revive’ ikorwa n’ikigo cy’ubuvuzi cya Kedi Healthcare Company Ltd kiri muri Hong Kong mu Bushinwa.
Usibye kuvura ikibazo cyo kurangiza vuba, Revive Capsule ivura kudafata umurego kw’igitsina cy’umugabo ndetse n’umunaniro ukabije. Aba bashakashatsi babisobanura bati: “Uyu muti ukoreshwa ku isi yose, by’umwihariko muri Afurika na Asia mu kuvura kudafata umurego kw’igitsina, kongera ubushake.”
Mu nyandiko y’ubutaha, muzakomeza gusobanurirwa uburyo bundi bwo gukoresha uyu muti kugeza iki kibazo gikemutse. Mu Rwanda uyikeneye iyi wahamagara ndetse na WhatsApp: +250783303692 bakayikugezaho. N’abatuye USA, CANADA, Europe biroroshye ko bayikugezaho byihuse.


