Icyo abaturage bavuga ku rupfu rwa Kizito Mihigo/ mu rukundo n’ibindi

Mu gihe mu mitwe ya benshi hakirimo urupfu rwa Kizito Mihigo wapfuye yiyahuye nk’uko Polisi y’u Rwanda yari imufite yabitangaje, bamwe mu bamukundaga bavuga ko no kuba hari umukobwa wamwanze ngo biri mu byaba byaramuteye agahinda kiyongera ku byaha yashinjwaga agahitamo kwiyahura.

Ni kenshi mu bitangazamakuru Kizito yagiye avugwaho gukundana n’abakobwa ariko bagategereza ubukwe bagaheba. Bamwe bakaba bababajwe n’urupfu rwe [Kizito] dore ko yari akiri n’ingaragu kandi abamukundaga ari benshi barimo n’abo igitsinagore.

Bwiza TV yegereye abaturage bayitangariza uko bakiriye urupfu rw’uyu muhanzi w’icyamamare.

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *