20260217_145059

M23 na Twirwaneho bisubije Point-Zéro

Umutwe wa M23 ufatanyije n’abarwanyi b’umutwe wa Twirwaneho, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 bigaruriye agace ka Point-Zéro ko muri Teritwari ya Fizi ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

AFC/M23 na Twirwaneho bigaruriye aka gace, nyuma y’ibyumweru bibiri ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryigaruriye kariya kariya gace.

AFC/M23 yigaruriye kariya gace nyuma y’uko ku wa Mbere yari yiriwe mu mirwano karahabutaka n’ingabo zirimo iza FARDC, iz’u Burundi, Wazalendo, Tanzania n’abacanshuro.

Ni imirwano amakuru agera kuri BWIZA yemeza ko yarasiwemo za drone nyinshi z’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *