Muhima: Hari abaturage bamara umwaka n’undi ukaza barara ku gasozi

Iyo utembereye mu Midugudu itandukanye yo mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, ugenda ubona abantu baryamye ku mabaraza z’inzu abandi munsi y’ibiti ndetse no mu busitani, aba bantu bamwe bakaba bavuga ko batagira ho baba, ko barara hanze, ubu akaba aribwo buzima biberamo.

Bwiza TV yatambagiye muri uyu murenge badutangariza ubuzima babayemo ndetse no mu Kiganira twagiranye n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu Murenge, Mukandori Grace akaba yadutangarije ko iki kibazo bakizi ariko ko aba bantu abenshi muri bo baba badakomoka muri uyu Murenge.

Reba Video/ Ikiganiro twagiranye nabo

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *