Umunyamideri Nina Mirembe ukomoka muri Uganda aherutse kugaragaza amafoto yambaye ikariso igaragaza uko igitsina cye kingana ari nako ayanyanyagiza ku mbuga nkoranyambaga.

Ibyo yabikoze abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aho yohereje uruhurirane rw’amafoto ku nshuti ze ndetse no kubitangazamakuru bitandukanye, haba ayo yifotoje vuba ndetse n’ayo mu minsi yashize, gusa ntibyavuzweho rumwe n’ababonye uburyo yagaragaje ubwambure ndetse bikaza kuba intandaro yo kuba igitsina cye kishushanya uko cyakabaye

Gusa nk’uko bimaze kugaragara ko mu gihugu cya Uganda ingeso yo kwiyambika ubusa igenda yiyongera umunsi ku wundi,bityo bikagenda bifata indi ntera aho usanga abahanzi cyangwa se abandi bafite aho bahurira n’imyidagaduro babizamukiraho ngo bibafashe kuvugwa cyane mu itangazamakuru.

Uyu mukobwa usanzwe ufite iyi ngeso yo kugaragaza imyanya ye y’ibanga bivugwa ko ngo bijyanye n’akazi akora ko kumurika imideri muri Uganda bityo ngo angomba kubibyaza umusaruro.

Uyu mukobwa w’imyaka 24 y’amavuko mu 2012 nibwo yatangiye umwuga wo kumurika imideri aza no kugaragara mu bahatanira kuba Nyampinga wa Uganda ariko ntiyagira amahirwe yo kwambara ikamba.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter





Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com


