Nina Mirembe yagaragaye yambaye ikariso igaragaza imiterere y’igitsina cye- AMAFOTO

Umunyamideri Nina Mirembe ukomoka muri Uganda aherutse kugaragaza amafoto yambaye ikariso igaragaza uko igitsina cye kingana ari nako ayanyanyagiza ku mbuga nkoranyambaga.
bwiza
Ibyo yabikoze abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aho yohereje uruhurirane rw’amafoto ku nshuti ze ndetse no kubitangazamakuru bitandukanye, haba ayo yifotoje vuba ndetse n’ayo mu minsi yashize, gusa ntibyavuzweho rumwe n’ababonye uburyo yagaragaje ubwambure ndetse bikaza kuba intandaro yo kuba igitsina cye kishushanya uko cyakabaye
bwiza
Gusa nk’uko bimaze kugaragara ko mu gihugu cya Uganda ingeso yo kwiyambika ubusa igenda yiyongera umunsi ku wundi,bityo bikagenda bifata indi ntera aho usanga abahanzi cyangwa se abandi bafite aho bahurira n’imyidagaduro babizamukiraho ngo bibafashe kuvugwa cyane mu itangazamakuru.
bwiza
Uyu mukobwa usanzwe ufite iyi ngeso yo kugaragaza imyanya ye y’ibanga bivugwa ko ngo bijyanye n’akazi akora ko kumurika imideri muri Uganda bityo ngo angomba kubibyaza umusaruro.
bwiza
Uyu mukobwa w’imyaka 24 y’amavuko mu 2012 nibwo yatangiye umwuga wo kumurika imideri aza no kugaragara mu bahatanira kuba Nyampinga wa Uganda ariko ntiyagira amahirwe yo kwambara ikamba.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
 
bwiza
bwiza
R5zGpNk
bwiza
bwiza
Ndacyayisenga Fred@Bwiza.com
 

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *