GxMkCBKXoAAd6Xs

Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi mushya wa Banki Nyafurika

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Dr. Tah Sidiould , Perezida mushya wa Banki Nyafurika y’Iterambere (AfDB) uri mu ruzinduko mu Rwanda.

Ibiganiro byabo byibanze ku bufatanye bukomeye hagati y’u Rwanda na Banki Nyafurika y’Iterambere, ndetse n’ejo hazaza h’ubwo bufatanye mu gihe Dr. Tah yitegura gutangira imirimo ye muri Nzeri.

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *