image_2023-05-04_034124860.png

Rugongo na Point G, isoko y’uburyohe mu gihe cy’imibonano

image_2023-05-04_034124860.png
Akenshi abashakanye usanga bagera mu gihe cyo gutera akabariro ntibamenye uko bitwara ku buryo bishoboka ko bashobora no gukimbirana nyuma y’uko badafite ubwo bumenyi.

Kuri iyi nshuro tugiye kurebera hamwe uburyo, bimwe mu bice by’umubiri w’umugore bishobora kuba imvano y’ibyishimo haba kuri we cyangwa umugabo mu gihe cyo gutera akababariro.

Tugiye kwifashisha urubuga rwa medicalnewstoday.com ndetse na healthline.com turebera hamwe uko igice cyumugore cyitwa Rugongo ndetse na Point G bizana ibyishimo kugeza ubwo umugabo wabyibanzeho aba asa n’ushimye aharyana!

Ubusanzwe Rugongo, ni kimwe mu bice bigaragara ku myanya y’inyuma ku gitsina cy’umugore.Iki gice ubushakashatsi bugaragaza ko mu gihe cy’imibonano iyo umugabo akibanzeho yaba akozeho cyangwa akojejeho igitsina biryohera umugore cyane.

Iki ni igice gishobora kwibandwaho ku bagabo bakunda umugore uzana amavangingo,bikaba igisubizo kuko iyo ukojejeho igitsina ahita aza yisukiranya.

Rugongo ikizakwereka ko ifite akamaro cyane, n’uko iyo umugore ashatse imibonano , izasa nk’ibyimbye maze amaraso agatangira gukwirakwira hose. Ibyo bifasha umugabo kuyumva yose uko yakabaye maze yayikubaho igitsina cye uburyohe bukabasaga bityo umugore akaba yanarangiza vuba bitagoranye.

Nkuko twabigarutseho haruguru, ntabwo ari rugongo yonyine izana ibyishimo ku mugore, kuko hari ibindi byinshi, twavuga nko kumukaresa ku mabere no guozaho akarimi, ku mukora mu mbavu no ku mpande z’igitsina, ariko noneho reka twigarukire ku gice kitwa (Point G) mu rurimi rw’igifaransa cyangwa Spot G mu cyongereza.

Ubusanzwe Point G ntabwo ari igice kigaragara ukwacyo nk’uko twavuze ko rugongo ko iba hejuru gato y’umuyoboro igitsina cy’umugabo kinyuramo ahagana haruguru ku ntangirio y’igitsina cy’umugore.

Ubushakashatsi ,Ubusanzwe bugaragaza ko Point G iherereye ku rwinjiriro rw’igitsinagore nko kuri 3cm, kuyigeraho ntabwo bigoye kuko wanakozaho n’urutoki.

Abahanga mu byerekeye imyanya myibarukiro, bagaragaza ko gukora kuri Point G bitera ubushagarira kuburyo umugabo ukojejeyo igitsina umugore ahita arangiza.

Healthline.com , igaragaza ko 18 % by’abagore barangiza iyo umugabo yinjije igitsina mu cye(Penetration), n’ukuvuga ko nta kindi gice kiba cyakoreshejwe nk’intoki n’ibindi.

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *