Shangazi ni umubyeyi ufasha abakobwa n’abagore ku mabanga arebana no guca imyeyo cyangwa se Gukuna, kunyaza ndetse n’andi mabanga y’urugo.
Bwiza TV ubwo yasuraga uyu mubyeyi aho akorera mu Mujyi wa Kigali yadusobanuriye byimbitse uko baca imyeyo/Gukuna ndetse anatubwira uko yanayiciriye umuzungukazi by’umwihariko n’uburyo bigira uruhare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Ku mugore waciye imyeyo ngo biroroha kumunyaza, aha uyu mubyeyi kandi arakwigisha uko unyaza ukoza igitsina kuri rugongo.
Reba ikiganiro yagiranye na Bwiza TV kandi ntuze kwibagirwa gukanda kuri Subscribe.


