GoZjkrXXYAIB45t

U Rwanda rukomeje kumurikira Isi ibyiza bya rwo muri Expo2025 ibera Osaka

Mu Mujyi wa Osaka, mu Buyapani, hakomeje kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga ku nsanganyamatsiko igira iti ‘Gutegura Umuryango w’ejo hazaza kubw’ubuzima bwacu,’ kuva ku itariki ya 13 Mata kugeza ku ya 13 Ukwakira 2025.

 

Imurikagurisha ryahuje ibihugu bitandukanye ku Isi kugira ngo habeho gutegura ejo hazaza, hibandwa ku nsanganyamatsiko z’ingenzi zo kurokora ubuzima, kongerera ubushobozi abaturage, no guhuza abantu.

 

Stand y’u Rwanda muri iri murikagurisha rikomeye ku Isi Ribera mu Buyapani kandi rimara igihe kirekire, hakomeje kugera abanyamahanga bakururwa n’ibihamurikirwa n’ukuntu hateguye, ndetse n’abashaka kumenya byinshi ku Rwanda.

 

 

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *