Amashusho y’ubwambure bw’umunyarwandakazi Gloria Busingye uzwi mu muziki nka ‘Bugie’, yongeye gusakara ku mbuga nkoranyambaga zo muri Uganda aho asanzwe akorera umuziki.
Muri aya mashusho Bugie waririmbye indirimbo zirimo “Bankyawa” agaragara yicaye ku gatebe ashimashima imyanya ye y’ibanga.
Kugeza ubu uwayafashe ntabwo aramenyekana.
Icyakora nyirayo agaragara asa n’aho yari anyuzwe n’uko ari gufatwa.
Amashusho ya Gloria Bugie ari gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga akurikira andi y’ubwambure bwe yagiye hanze mu mezi abiri ashize.
Mu kwezi gushize uyu muririmbyikazi yemeje ko hari umuntu washyize hanze amashusho y’ubwambure bwe atabizi, ndetse ko Polisi ya Uganda yarimo ishakisha uwabikoze.
Icyo gihe bamwe mu bafana be bamugeneye ubutumwa bumwihanganisha, abandi bamushinja kuba ari we wayishyiriye ku karubanda atabizi nk’iturufu yo kugira ngo abantu bamuvugeho.


