1600388086_6817_b.jpg

Umugore wa Katauti ari guteretwa n’umuhanzi wo muri Uganda

Umugore wa Ndikumana Amad Katauti wakiniye Amavubi, Irene Uwoya uzwi nka Oprah ari mu rukundo n’umuhanzi, Chozen Blood wo muri Uganda.

Abenshi bamuzi mu ndirimbo nka Obuwala, Waddawa aho yari kumwe na Sheebah Karungi.

Amakuru ari mu bitangazamakuru avuga ko aba bombi baba bari kumwe kenshi igihe uyu muhanzi aba ari muri Tanzania.

Umuntu we wa hafi avuga ko aba bavugana kenshi ndetse ngo uyu mugore yashyizemo atari make ku buryo Choozen Blood ku buryo yabshije gushyira hanze alubumu nshya.

Ubwo yagiraga isabukuru, Uwoya yabwiye Choozen kuri Instagram ati ” isabukuru nziza mukunzi. Inzozi zawe zose zirakaba impamo.”

1600388086_6817_b.jpg
Choozen Blood

Amakuru avuga ko aba bombi baba barahuye ubwo Choozen Blood yari yagiye muri Tanzania gutunganya amashusho y’indirimbo ye yafatanyije n’uwitwa Mario.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Perezida Ndayishimiye yageze muri Uganda tariki ya 11 Gicurasi 2021 ubwo yari yitabiriye umuhango w’irahira rya Museveni wabaye ku munsi wakurikiyeho.

Sangiza iyi nkuru

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *