Umurambo w’umupolisi witwa Eliya Lekishon wabarizwaga mu kigo cya cya Kilelengwani muri Kenya, wasanzwe mu kidendezi cy’amaraso mu nzu maze umugore ucyekwaho kumwica aburirwa irengero.
Amakuru avuga ko uyu mupolisi yabanje kurwana kutumvikana n’umugore bitavugwaho rumwe niba ari yari uwe , maze nyuma aza kumwica ariruka nk’uko bitangazwa n’abaturanyi babo.
Ku rundi ruhande ngo biracyekwa ko ari umugore wamwishe amuteye icyuma agahita kugeza ubu akaba akomeje gushakishwa n’inzego.Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu mu buruhukiro bw’ibitaro bya Malindi Sub County kugira ngo usuzumwe.
Uyu mupolisi yapfuye afite ibikomere ku ijosi no mu ruhanga bivugwa ko uyu bicyekwa ko yari umugore we yabanje kubimutera amufatiranye.Bombi bavugaga ko babanaga mu nzu ikodeshwa, baratongana mbere yuko ko yamuteye icyuma.


